AMATEGEKO NGENGAMIKORERE Y ‘IKIMINA “DUHIRWE”
YEMEJWE N’INTEKO RUSANGE YO KUWA 6 MATA 2020
UMUTWE WA I: ISHINGWA, IZINA N’ICYICARO
Ingingo ya mbere : Ishingwa ry’Ikimina .
Mu rwego rwo kwiteza imbere no ubucuruzi bwacu, twagize igitekerezo cyo gushyiraho Ikimina kigamije kuzigama no kugurizanya.
Ingingo ya 2 : Izina
Ikimina kimaze gushingwa cyahawe izina rya “DUHIRWE“ (Duharanire Iterambere ry’u Rwanda rw’Ejo).
Ingingo ya 3 : Icyicaro cy’lkimina
Ikimina “Duhirwe: ifite icyicaro cyayo mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge waNyarugenge, Akagari ka Kiyovu, Akagari ka Nyarurembo, kandi gishobora kwimurirwa ahandi hose mu gihugu bibaye ngombwa.
Ingingo ya 4 : Intego z’Ikimina
Ikimina “Duhirwe” ifite intego zikurikira:
UMUTWE WA II: IBYEREKEYE ABANYAMURYANGO
Ingingo ya 5: lbisabwa kugirango ube umunyamuryango
Kugira ngo umuntu aba umunyamuryango w’Ikimina “Duhirwe”, asabwa ibi bikurikira:
Ingigo ya 6: Inshingano z’Umunamuryango
Umunyamuryango w’ikimina afite inshingano zikurikira:
Ingingo ya 7: Kureka kuba umunyamuryango w’Ikimina
Umuntu ashobora kuhagaruka kuba umunyamuryango kubera impamvu zikurikira:
Ingigno ya 8: Gusubizwa Imigabane
Umunyamuryango uhagaritswe by’agateganyo mu kimina, ntabwo asubizwa imigabane ye kugera igihe impamvu zatumye aharikwa zitakiriho. Naho umunyamuryango uhagaritswe burundu mu kimina asubizwa ubwizigame bwe bwose havuyemo amafaragna yaba afititye Ikimina.
Ingingo ya 9: Uburenganzira bw’Umunyamuryango
Umunyamuryango afite uburenganzira bukurikira :
UMUTWE WA III: INZEGO
Ingingo ya 10; Inzego ziyobora ikimina “Duhirwe”
Ikimina kiyoborwa n’inzego zikurikira:
Ingingo ya 11: Imiterere n’abagize Inteko Rusange
Inteko Rusange ni rwo rwego rukuru rw’ikimina. Igizwe n’abanyamuryango bose b’ikimina. Inteko Rusnge iterana kabiri mu mwaka: bwa mbere nama isanzwe n’ubwa kabiri mu nama idasanzwe.
Ingingo ya 12: Inshingano z’Inteko Rusange
Inteko Rusange ifite Ububasha n’Inshingano bikurikira:
Ingingo ya 13: Inama z’Inteko Rusange ·
Inama z’Inteko Rusange itumizwa mu minsi 15 igaterana iyo 2/3 by’abanyamuryango babonetse. Iyo uwo mubare utabone, inama irasubikwa, ikongera gutumizwa mu minsi irindwi. Icyo gihe iyo 2/3 by’abanyamurya.ngo ·batabonetse na none, abahari bose biga ingingo zari ziteganyijwe, bagafata ibyemezo bifite agaciro kandi bikubahirizwa n’abanyamuryango bose.
Ingingo ya 14: Komite Nyobozi .
Komite nyobozi igizwe na Perezida, Visi Perezida, Umwanditsi, Umubitsi,
n’Abajyanama batatu (3). Iyo bibaye ngombwa abagize Komite bunganirwa n’abahagarariye amatsinda bagakora Komite Nyobozi yaguye. Abagize Komite Nyobozi batorerwa manda y’imyaka itatu (3) ishobora
|
|
kuvugururwa.
Ingingo ya 15: Inshingano za Komite Nyobozi
Komite Nyabozi ifite inshingano zikurikira:
Ingingo ya 16: Komite Ngenzuzi. ·
Komite Ngenzuzi igizwe n’abantu batatu (Urnuyobozi, umwungirije n’umwanditsi) batorwa n’Inteko Rusange mu banyamuryango b’ikimina “Duhirwe”. Abagize Komite Ngenzuzi batorerwa Manda y’imyaka itatu (3) ishobora kuvugururwa.
Ingingo ya 17: lnshingano za Komite Ngenzuzi
Komite Ngenzuzi ifite inshingano zikurikira:
Ingingo ya 18: Komite Ishinzwe Inguzanyo
Komite Ishinzwe Inguzanyo igizwe n’abantu batatu (Umuyobozi, umwungirije n’umwanditsi) batorwa n’Inteko Rusange mu banyamuryango b’ ikimina. Abagize Komite Ishinzwe Inguzanyo batorerwa Manda y’imyaka ibiri (2) ishobora kuvugugurwa..
Ingingo ya 19: Inshingano za Komite Ishinzwe Inguzanyo
Komite Ishinzwe Inguzanyo ifite inshingano zikurikira:
|
|
|
|
UMUTWE WA IV: INKOMOKO Y’UMUTUNGO W’IKIMINA
Ingingo ya 20: Inkomoko y’umutungo
Umutungo w’ikimina “Duhirwe” uturuka ku:
Ingingo ya 21: Umusanzu n’ubwizigame bw’Abanyamuryango
lngingo ya 22: Imicungire y’Umutungo
Umutungo w’Ikimina ubikwa kuri Konti y’Ikimina muri Banki yemejwe n’Inteko Rusange. Abasinya kuri iyo konti na bo bemezwa n’Inteko Rusange. – .:
Konti y’Ikimina niyo ishyirwaho imigabane n’imisanzu y’abanyamuryango, ikaba ari nayo ikurwaho amafaranga ahabwa abanyamuryango.
Ingingo ya 23: Ibitabo by’Ikimina “Duhirwe” ni ibi bikurikira:
UMUTWE WA V: UBURYO INAMA Z’IKIMINA ZIKORWA
Ingingo ya 24: Inama z’inzego ziyobora ikimina
Inama z’inzego z’Ikimina zishobora gukorwa ku buryo bw’imbona nkubone cyangwa bw’ikoranabuhanga bitewe n’ubko abagize izo nzego babanje kubyumvikanaho. Abagize urwego uru n’uru kandi bashobora kugirira ibiganiro bigamije gutegura inama ku mbuga nkoranyambaga nka “Whatsapp”.
Imyanzuro y’amatsinda agize ikimina ishobora gufatirwa ku rubuga abagize itsinda bahuriyeho.
UMUTWE WA VI: INGUZANYO
Ingingo ya 25: Gusaba inguzanyo
Umunyamuryango wese wujuje umusanzu w’ibihumbi ijana (100,000RWF) ashobora kwaka inguzanyo akayihabwa. Inguzanyo zisabwa binyuze mu itsinda ari na ryo ryishingira abarigize.
Ingingo ya 26: Icyemezo cyo gutanga inguzanyo
Icyemezo cyo gutanga inguzanyo gifatwa na Komite Nyobozi yaguye cyangwa itaguye ishingiye ku izuzumwa ry’ubusabe bw’inguzanyo ishyikirizwa na Komite ishinzwe inguzanyo.
Ingingo ya 27: Inyungu ku nguzanyo n’igihe imara
inguzanyo itangwa N’Ikimina « Duhirwe » itangwa ku mezi atatu, atandandatu, umwaka. Inyungu ku nguzanyo ingana n’amafaranga atatu ku ijana (3%) ku nguzanyo itazarenza amezi atandatu. Ku nguzanyo yemewewe amazzi arenze atandatu inyungu ni amafaranga 2% ku kwezi. Kuri buri nguzanyo, inyungu zirabarwa zikishyurwa mbere.
Ingingo ya 28: Inguzanyo y’ingoboka
Abanyamuryango bizigamye bashobora guhabwa inguzanyo y’ingoboka itangwa mu gutabara umunyamuryango ugize ikibazo gitunguranye. Iyo nguzanyo ntizirenza amafaranga ibihumbi ijana (100.000 Frw). kandi iva mu bwizigame bw’abanyamuryango. Iyo nguzanyo itangwa nta nyungu kandi yishyurwa bitarenze igihe cy’amezi atatu.
UMUTWE WAVI: INYUNGU ZINJIJWE N’IKIMINA
Ingingo ya 28: Kugabana inyungu no gusubizwa umusanzu
Mu mpera za buri maka Inteko Rusange y’Ikimina yemeza inyungu zabonetse n’uburyo bwo kuzigana.
Ingingo ya 29: Gusubiza iukunyanuryango usezeye
Igihe Umunyamuryango asezeye asubizwa imisazu ye n’ubwigame bwe havuyemo imyenda n’ibihombo byabonetse ku mutungo rusange. Ku nyungu zavuye mu musanzu we, ahabwa 75% andi agaasigara mu kimina.
Ingingo ya 30: Iseswa ry’Ikimina
Ikimina “Duhirwe” gishobora gusaswe bitewe nigihombo cyangwa se bigaragaye ko intego cyashyiriweho zagezweho . Icyemezo cyo gusesa Ikimina gifatwa n’Inteko Rusange ku bwiganze bwa 2/3 by’Abanyamuryango. Ikimina kiramutse gisheshwe, abanyamurayngo basubizwa umusanzu buri wese yaba agifitemo hamwe n’ubundi bwizigame bwe, bakagabana n’inyugu zose zabonetse.
Ingingo ya 31: Kubika Inyandlko z’Ikimina
Inyandiko z’Ikimina zibikwa aho Umunyamabanga n’Umubzitarz’ikimina bisabirwa uruhushya mu rwandiko rwandikiwe Perezida w’Ikimoina.
UMUTWE WA IX: IBIHANO
Ingingo ya 32: Ibihano by’ubukerererwe
Ibihano bitangwa kubera ubukererwe mu nama, mu gutanga umusanzu no mu kwishyura inguzanyo ku matariki n’igihe cyumvikanyweho.
Ingingo ya 33: Kongera cyangwa guhindura amategeko
Aya mategeko ashobora kuvugururwa cyangwa agahinduka biturutse ku cyifuzo gitorewe n’Inteko Rusange ku bwiganze bwa 2/3.
Ingingo ya 34: Igihe aya amategeko atangira gukurikizwa
Aya mategeko atangira gukurikizwa uhereye igihe yemerejwe n’Inteko Rusange kandi agashyirwaho umukono n’Abagize Komite Nyobozi batowe.
‘.
Bikorewei Kigali, ku wa 10/01/2025
Komite Nyobozi yatowe:
UKUNDAYEZU JMV, Umujyanama wa 3
Review My Order
0Suggested for you
Subtotal
Taxes & shipping calculated at checkout
Notifications